Ubuhinzi Iterambere Ryacu

Nyabihu District
kuwa Mbere- kuwa Gatandatu: 07:00 - 17:00

Ubuhinzi bw’ibigori

  • I kigori, Mu Rwanda ni kimwe mu bihingwa byashyizwe imbere muri gahunda y`imbaturabukungu mu buhinzi. Kugira ngo umusaruro wabyo ube mwinshi ku buso buto dufite[4. Ni ngombwa ko abahinzi bita ku mihingire ya kijyambere ariyo: Kumenya ubutaka ibigori byeraho, Uko bafumbira umurima w`ibigori, Imbuto y`ibigori ikwiye guterwa, Uko batera ibigori, Kubagara no kumenera, Kwicira, Gusukira, Uko bafumbiza ifumbire ya ire, Uko barwanya indwara n`ibyonnyi by`ibigori, Uko basarura ibigori, Guhungura, Guhunika.